Kwitoza Amategeko y'Umuhanda n'Ibyapa

Practice for the official Rwandan Provisional Driving License (Permis de Conduire Provisoire)

10 Ibibazo Byuzuye mu Kinyarwanda
Ads
81

Ahatari mu nsisiro, umuyobozi wese ugenza ikinyabiziga kimwe cyangwa ibinyabiziga bikomatanye bifite uburemere ntarengwa bwemewe burenga ibiro 3500 cyangwa bifite uburebure bwite burenga metero 10 agomba, keretse iyo anyuze cyangwa agiye kunyura ku bindi binyabiziga, gusiga hagati y'ikinyabiziga cye n'iki muri imbere umwanya uhagije kugirango ibinyabiziga bimuhiseho bishobore kuhigobeka bidateje impanuka igihe bibaye ngombwa ariko ibyo ntibikurikizwa mu bihe bikurikira:

82

Ibiziga by'ibinyabiziga bigendeshwa na moteri n'ibya velomoteri kimwe n'ibya romoruki zabyo bigomba kuba byambaye inziga zihagwa zifite amano n'ubujyakuzimu butari munsi ya milimetero imwe ku migongo yabyo yose nubudodo bwabyo ntibugire ahantu na hamwe bugaragara kandi ntibugire aho byacitse bikomeye mu mpande zabyo ariko ibyo ntibikurikizwa ku binyabiziga bikurikira:

83

Amatara ndangacyerekezo agomba kuba agizwe n'ibintu bifashe ku rumuri rumyasa, biringaniye ku buryo bigira umubare utari igiharwe ku mpande z'imbere n'inyuma z'ikinyabiziga ayo matara aba afite amabara akurikira:

84

Amahoni y'ibinyabiziga bigendeshwa na moteri agomba kohereza ijwi ry'injyana imwe rikomeza kandi ridacengera amatwi ariko ibinyabiziga bikurikira bishobora kugira ihoni ridasanzwe ridahuye n'ibivuzwe haruguru:

85

Icyapa kibuza kunyura kubindi binyabiziga byose uretse ibinyamitende ibiri n'amapikipiki adafite akanyabiziga ku ruhande gifite ibimenyetso by'amabara akurikira:

86

Icyapa kivuga ko hatanyurwa mu byerekezo byombi kirangwa n'ubuso bw'ibara rikurikira:

87

Ibinyabiziga bikurikira bigomba kugira ibikoresho by'ihoni byumvikanira mu ntera ya m 20:

88

Imirongo y'ingabo z'igihugu zigendera kuri gahunda n'utundi dutsiko twose tw'abanyamaguru nk'imperekerane cyangwa udutsiko tw'abanyeshuri iyo bitagishoboka kubona neza muri m200, bagaragazwa ni itara ryera imbere naho inyuma ni itara ry'umutuku ariko iyo uburebure bwiyo mirongo cyangwa bw'utwo dutsiko burenga m6 impande zatwo cyangwa zayo zigaragazwa ku buryo bukurikira:

89

Amatara ndangambere na ndanganyuma y'imodoka zitarengeje m 6 z'uburebure na m 2 z'ubugari habariwemo imitwaro kandi nta kindi kinyabiziga kiziritseho ashobora gusimburwa n'amatara yo guhagarara umwanya munini iyo ibyo binyabiziga bihagaze umwanya muto cyangwa munini mu nsisiro bibangikanye ku ruhande rw'umuhanda. Ayo matara arangwa n'amabara akurikira:

90

Amatara ndangaburumbarare agomba kubonwa nijoro igihe ijuru rikeye n'umuyobozi w'ikinyabiziga kiri mu ntera ya :