Kwitoza Amategeko y'Umuhanda n'Ibyapa

Practice for the official Rwandan Provisional Driving License (Permis de Conduire Provisoire)

10 Ibibazo Byuzuye mu Kinyarwanda
Ads
41

Iyo nta mategeko awugabanya by'umwihariko, umuvuduko ntarengwa ku modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange ni:

42

Iyo nta mategeko awugabanya by'umwihariko, umuvuduko ntarengwa ku modoka zikoreshwa nk'amavatiri y'ifasi cyangwa amatagisi zifite uburemere bwemewe butarenga kilogarama 3500 ni:

43

Ikinyabiziga kibujijwe guhagarara akanya kanini aha hakurikira :

44

Iyo bwije kugeza bukeye cyangwa bitewe n'uko ibihe bimeze nk'igihe cy'ibihu cyangwa cy'imvura bitagishoboka kubona neza muri m 200, udutsiko twose tw'abanyamaguru nk'imperekerane cyangwa udutsiko tw'abanyeshuri bari ku murongo bayobowe n'umwarimu, iyo bagenda mu muhanda ku isonga hakaba hari abantu barenze umwe bagomba kugaragazwa kuburyo bukurikira :

45

Utuyira turi ku mpande z'umuhanda n'inkengero zigiye hejuru biharirwa abanyamaguru mu bihe bikurikira:

46

Imburira zimurika zemerewe gukoreshwa kugirango bamenyeshe umuyobozi ko bagiye kumunyuraho aha hakurikira:

47

Uburemere ntarengwa bwemewe ntibushobora kurenga 1/2 cy'uburemere bw'ikinyabiziga gikurura nubw'umuyobozi kuri romoruki zikurikira :

48

Ibinyabiziga bifite ubugari bufite ibipimo bikurikira bigomba kugira amatara ndangaburumbarare :

49

Nta tara na rimwe cyangwa akagarurarumuri bishobora kuba bifunze ku buryo igice cyabyo cyo hasi cyane kimurika kitaba kiri hasi y'ibipimo bikurikira kuva ku butaka igihe ikinyabiziga kidapakiye :

50

Iyo ikinyabiziga gifite amatara abiri cyangwa menshi y'ubwoko bumwe ayo matara agomba kugira ibara rimwe n'ingufu zingana kandi akagomba gushyirwaho ku buryo buteganye uhereye ku murongo ugabanya ikinyabizigamo kabiri mu burebure bwacyo. Ariko ibi ntibikurikizwa ku matara akurikira: