Kwitoza Amategeko y'Umuhanda n'Ibyapa

Practice for the official Rwandan Provisional Driving License (Permis de Conduire Provisoire)

10 Ibibazo Byuzuye mu Kinyarwanda
Ads
61

Iyo amatara y'ikinyabiziga agomba gucanwa kandi igihe imizigo isumba impera y'ikinyabiziga ho metero irenga igice gihera cy'imizigo kigaragazwa ku buryo bukurikira:

62

Iyo imizigo igizwe n'ibinyampeke, ikawa, ipamba idatonoye, ibishara, ibyatsi, ibishami cyangwa ubwatsi bw'amatungo bidahambiriye uretse amapaki afunze, ubugari bwayo bushobora kugera ku bipimo bikurikira:

63

Uretse mu mijyi kuyindi mihanda yagenwe na minisitiri ushinzwe gutwara ibintu n'abantu, uburemere ntarengwa bwemewe ku binyabiziga bifatanye bifite imitambiko itatu ni:

64

Buri modoka cyangwa buri romoruki ikuruwe n'iyo modoka bishobora kugira itara rituma umuyobozi yerekana ko yabonye ikimenyetso cy'uwitegura kumunyuraho. Iryo tara rifite amabara akurikira:

65

Ikinyabiziga cyangwa ibinyabiziga bikururana bifite imitambiko ibiri ikurikiranye mu bugari bwayo ni ukuvuga imitambiko yihindukiza kucyo ifungiyeho, uburebure bwabyo ntibugomba kurenza ibipimo bikurikira:

66

Bumwe muri ubu bwoko bwa feri ituma imodoka iguma aho iri uko yaba yikoreye kose ku muzamuko cyangwa ku gacuri bya 16%, imyanya ya feri igomba gufata igakomeza kwegera kuburyo bw'ibyuma niyo umuyobozi yaba atarimo:

67

Utugarurarumuri turi mu mbavu z'ikinyabiziga tugomba kugira ibara rikurikira:

68

Romoruki zifite ubugari ntarengwa bwa cm 80 zishobora gushyirwaho akagarurarumuri kamwe gusa iyo zikuruwe n'ibinyabiziga bikurikira:

69

Amatara maremare y'ibara ryera cyangwa ry'umuhondo agomba, nijoro igihe ijuru rikeye, kumurika mu muhanda mu ntera ya m 100 nibura imbere y'ikinyabiziga, ariko ku binyabiziga bifite moteri itarengeje za sentimetero kibe 125 iyo ntera igira ibipimo bikurikira:

70

Iyo banyuze iruhande rw'inkomyi abanyamaguru bagomba gukikira banyuze mu muhanda, abayobozi bagomba gusiga umwanya ufite ubugari bwa m 1 nibura hagati yabo nayo. Iyo ibyo bidashobora kubahirizwa kandi umunyamaguru akaba anyura hafi yiyo nkomyi, umuyobozi agomba kuyikikira afite umuvuduko utarengeje ibipimo bikurikira: